in

Kizigenza wa Rayon Sports yatangiye gushwana n’umutoza

Umutoza uri mu bakomeye hano mu Rwanda ariwe Haringingo Francis Christian ukomoka mu Burundi kuri ubu niwe urimo gutoza ikipe ya Rayon Sports.

Musa Essenu ni umwe mu bakinnyi bafashije Rayon Sports kwitwara nabi kuri ruriya rwego, yatangiye kwivumbura kuri Francis nyuma yuko abona atamukeneye.

Rayon Sports ni imwe mu makipe yiteguye neza muri uyu ndetse ikaba ihabwa amahirwe yo kwegukana igikombe ibibazo ihorana nibiramuka bibakundiye ntibibazitire.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Video: Nyuma yo kubura aho kuba, umusore asigaye atuye mu giti

Shaddy Boo akomeje kubabaza abahungu bikomeye cyane