in

Kiyovu iraca amarenga ko ishobora kwegukana igikombe cya shampiyona y’uyu mwaka

Ikipe ya Kiyovu sport ikomeje kwerekana ko ishaka igikombe cya shampiyona yuyu mwaka .


Umukino wahuzaga ikipe ya Kiyovu sport na Etincelles fc w’umunsi wa 21 wa shampiyona ukaba urangiye ari igitego cyimwe gitandukanyije impande zombi.

Ni umukino watangiye ku issaha ya 12:30 watangiranye imbaraga nyinshi kumpande zombi amakipe yose ya takana ariko ku munota wa 15 mugenzi bienvenue yaje gutsindira kiyovu sport igitego Ari nacyo gitego cyabonetsemo rukumbi muruyu mukino.

Nukuvugako ubu kiyovu muraka kanya kiyovu ariyo iri ku mwanya wambere mugihe Apr fc byayinanira gukura amanota atatu Ihuye kiyovu yaguma ku mwanya wambere na manota 47.

Written by Kubwayo JD

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abatoza ba Mukura fc mu imyitozo ya nyuma ya Apr fc

Uyikura mu icupa ikagukura mu bagabo: Ibyabaye kuri Shaddyboo nyuma yo gusinda biteye isoni. Video