in

King James yahishuye ikipe afana mu Rwanda

Umuhanzi King James yahishuye ikipe afana yo mu Rwanda. King James yabivugiye mu kiganiro yagiranye na 102.3 KISS FM kuri uyu wa 23 Nzeri 2022 aho yari yatumiwe nk’umutumirwa mu kiganiro Breakfast with the Stars.

Nkuko King James yabitangaje yavuze ko ikipe yo mu Rwanda afana ari ikipe ya Rayon Sports FC.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ku mafaranga nta mikino; Yishe inshuti ye n’umwana wayo kubera ideni

Umuhanzikazi Bwiza wavuzweho ubusambanyi yerekeje hanze y’u Rwanda kubera impamvu zikomeye (Amafoto)