in ,

King James yagize icyo avuga ku bavuga ko ari mu rukundo na Elcy (Inkuru irambuye)

Umuhanzi King James uherutse gusohora indirimbo ye nshya yise Nyuma yawe aherutse kugira icyo avuga ku byagiye bivugwa na benshi ko yaba ari mu rukundo na Elcy ndetse ko baba bagiye no gukora ubukwe mu minsi mike.

Elcy

King James yavuze ko we na Elcy babanye nk’inshuti bisanzwe. King James mu magambo ye bwite yagize ati:”Elcy ni inshuti yanjye bisanzwe kandi abagenda bamuvuga cyane bamuhe amahoro kuko afite umukunzi we”

Elcy
Elcy

King James yongeyeho kandi ko nta kintu na kimwe azakora ngo areke kugitangariza abafana be ndetse n’abakunzi be muri rusange. King James yagize ati:”Ikintu cyose nzajya nkora ndetse n’icyo nzageraho cyose nzagitangariza abafana banjye”

King James

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wabaga he by Emmy ft Priscillah

Amakuru ashyushye: Igikorwa ikipe ya Fc Barcelona yatangiye cyo gusahura Liverpool kigeze kure