in

Kimisagara, bategeye umugabo inoti ya 500 ngo ajye kurohora ihene yarohamye muri ruhurura ajyana na yo

Kimisagara, bategeye umugabo inoti ya 500 ngo ajye kurohora ihene yarohamye muri ruhurura apfiramo.

Ibi byabaye ku cyumweru tariki ya 5/11/2023.

Kuri ubu Polisi y’u Rwanda na RIB barahageze bahita batangira ibikorwa by’iperereza no kumukuramo.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ikibazo umuntu akwigisha kwiruka ugashaka kumusiga” Amagambo Titi Kayishema yabwiye umunyamakuru mugenzi we Lorenzo bakorana kuri RBA

Junior Giti na Rocky ni abana kuriwe! Umubyeyi wa Arthur Nkusi na Sintex yavuze ukuntu yatangije agasobanuye mu Rwanda mu myaka 25 ishije – VIDEWO