Kim Kardashian ni’umwe mu bagore b’ibyamamare bakunze kugenda bagaragaraho rimwe na rimwe imyambarire igayitse ku muntu w’umubyeyi.
Ejo bundi Kim Kardashian ubwo yari yitabiriye umuhangu wari wateguwe na murumuna we Kendall Jenner mu mugi wa Los Angeles yagaragaye mu myenda umuntu yavugako igayitse ku muntu w’umubyeyi kuko yagendaga yerekana imyenda y’imbere yari yambaye.
Ibi bikaba bibaye nyuma y’igihe gito Kim agaragaye mu mashusho y’indirimbo Milf aho aba yerekana ko yishimiye kuba ari umwe mu bagore bakurura abagabo cyane ku isi.
