in

Kigali; umusore yararanye n’inkumi bucya yitabye Imana

Mu karere ka Nyarugenge mu mugi wa Kigali umusore yaranye n’inkumi bukeye basanga umukobwa yitabye Imana naho umusore we yacitse.

Uyu mukobwa yari yararanye n’umusore muri Lodge yitwa Sunrise Bar iherereye Nyabugogo mu ijoro ryo ku cyumweru taliki 28 Kanama 2022, hanyuma bukeye mu gitondo cyo kuwa mbere basanga yashizemo umwuka.

Abakora aha aba bari baraye, bavuze ko babyutse bakajya kureba abo bari baraye bacumbikiye bahagera bagasanga harakinze bakomanga bakabura ukingura niko kwica urugi hanyuma basanga umukobwa yapfuye naho umusore yagiye.

Nyuma yo kubura uyu musore bahise batangira kumushakisha kugira ngo akurikiranwe.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Birangiye umukunzi wa Yvan Buravan avuze ibintu bikomeye benshi batari bazi

Gasabo; Umupangayi yishe nyiri inzu amuteye icyuma mu mutwe