in

Kigali umunyamaguru ubwo yambukaga umuhanda iruhande rwe habaye impanuka iteye ubwoba imodoka eshatu zirashwanyagurika na Howo ibyivangamo -Amafoto

Mu muhanda Kicukiro-Remera, Imodoka eshatu zagonganye, Ubwo zari zihagaze ngo umunyamaguru yambuke, ku bw’amahirwe ntihagira uhatakariza ubuzima.

Hari mu madaha ya nimugoroba yo kuri uyu munsi aho imodoka zavaga Sonatube zerekeza i Remera zaginganye kuburyo bukomeye cyane biturutse ku munyamaguru wambukaga umuhanda.

Gusa ku bw’amahirwe nta muntu wigeze uhasiga ubuzima.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Akimara kumva ukuntu indirimbo iri kubica bigacika i Nyarugenge, umuhanzi The Ben yeretse abakunzi be urukundo akunda Bruce Melodie mu buryo benshi batacyekaga (Amashusho)

Inkindi Aisha ahisemo guhunga nyuma yo kwibasira abagabo akabita amagweja n’ibimonyo