in

Kigali: Umugeni yagendaga mu muhanda n’amaguru y’ambaye agatimba ateruye n’umwana maze ahuye na Aline Gahongayire bimukora ku mutima ahita amutwerera (AMAFOTO na VIDEWO)

Umuhanzikazi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yakozwe ku mutima n’umugeni bahuriye mu muhanda ari kugenda n’amaguru avuye gusezerana.

Ni ubukwe bwabaye kuri iki Cyumweru tariki 3 Nzeri 2023. Ubwo Gahongayire yari ari mu nzira mu bice bya Kimironko, nibwo yahuye n’uyu mugore ateruye umwana yambaye ikanzu y’abageni(agatimba) we n’umugano we bavuye gusezerana bagenda n’amaguru mu muhanda maze ahitamo kumuhagarika aramutwerera.

Uyu mugeni yari ashungerewe n’abantu benshi, gusa Gahongayire we abonye ukuntu agenda n’amaguru kandi yishimye, byamukoze ku mutima aramuhagarika amuha amafaranga.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi babiri bari bahamagawe mu Amavubi batewe utwatsi kubera ikibazo kitoroshye kiri muri FERWAFA

Bakomeje kuvomera mu cyiva! Myugaririro w’ikipe y’igihugu Amavubi n’ikipe ye yo hanze y’u Rwanda bakomeje kwerekana urwego ruri hasi nyuma yo gutsindwa ibitego n’ikipe nto yo mu Rwanda itagitsindwa