in

Kigali umugabo yabyimbye ubugabo umugore abonye ko bukomeje kuba bunini ahita amutoroka arahunga 

Kigali umugabo yabyimbye ubugabo umugore abonye ko bukomeje kuba bunini ahita amutoroka arahunga

Kigali umugabo witwa Bakundukize Bernard aratabaza nyuma yo kurwara indwara ituma abyimba ubugabo.

Uyu Bernard avuga ko indwara ye ayimaranye umwaka urenga, ndetse ngo yagerageje kujya kwa mugaganga ariko ntibagira icyo bamurarira.

Ndetse n’abaturanyi be bavuga ko ubu burwayi abumaranye igihe kirerekire.

Ubwo umugore wa Bernard yabonaga umugabo we afashwe n’iyi ndwara yahise azinga utwe aramutoroka, amuziza ubwo burwayi bwe.

Bernardo akomeje gusaba ubufasha Abanyarwanda ngo bamufashe abashe kuba yabona ubushobozi bwo kujya kwivuza.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

I Remera imodoka yari itwaye abageni yakoze impanuka umwe ahasiga ubuzima

Ikipe ya Rayon Sports yatewe mpaga nyuma yo kuzana kuri Sitade umusekirite kandi hakenewe aba Police