in

Kigali: umugabo n’umukozi wo mu rugo baguweho bamaze gutera akabariro

Umugore w’imyaka 41 utuye mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge yashenguwe no gusanga umugabo we ahetse umukozi wabo wo mu rugo nyuma yo gutera akabariro.

Mu ijoro ryo ku wa Kane, tariki ya 11 Kanama 2022, ni bwo uyu mugore yabonye umugabo we amaze gusambana n’umukobwa umaze imyaka itanu abakorera akazi ko mu rugo.

Mu kiganiro n’itangazamakuru uyu umugore yavuze ko umugabo we yabyutse mu gicuku agira ngo agiye mu bwiherero abonye atinze yigira inama yo kujya kumureba bahurira mu nzu ahetse umukozi wabo nyuma yo kuryamana.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Hagiye kuba Misa yo gusabira Yvan Buravan urwaye

Miss Muheto yongeye gushimangira ko ariwe Miss w’ibihe byose (Amafoto)