in

Kigali/Norvège: Habereye impanuka ikomeye cyane y’imodoka yagonze umukingo igahita yiyubika nyuma yo gucika feri

Mu karere ka Nyarugenge , mu murenge wa Kigali, mu kagari ka Ruliba, mu mudugudu wa Ruhango hazwi nka Norvege, uyu wa 29/09/2023 ku isaha ya saa yine n’igice (10h30) habereye impanuka.

Ababonye, biba babwiye HANGA NEWS dukesha iyi nkuru ko Imodoka yo mu bwoko bwa Voiture Corolla, ifite Plaque RAB 366 H yaritwawe n’uwitwa Bizimungu Emmanuel ufite Imyaka 32 yakoze impanuka ku muhanda uva Kitabi werekeza Norvege.

Impanuka yatewe na Plaquetes z’imodoka zacitse umushoferi niko guhita ayigongesha umukingo,

Umushoferi ntacyo yabaye nta nuwo yagonze cyangwa ngo hangirike ibikorwa remezo yari wenyine mu Modoka.

Hamenyeshejwe Traffic Police hanahamazwa Breakdown ngo ize itware iyi modoka

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ubukeba yabushyize ku ruhande! Umukinnyi wa Rayon Sports yifurije amahirwe masa ikipe ya APR FC anavuga impamvu aba-Rayon bakwiye kuyijya inyuma mu mukino ifitanye na Pyramids FC (VIDEWO)

Umugabo yiraye mu bitoki yibamo bitanu abikubita ku mutwe no ku isoko ngo mba, agezeyo byanga kumuva ku mutwe