in

Kigali i Remera! Amarira n’agahinda ni byose ku babyeyi, abavandimwe n’inshuti bitabiriye umuhango wo gusezera bwa nyuma ku muraperi Young CK uherutse kwitaba Imana (AMAFOTO)

Kuri iki Cyumweru tariki 15 Ukwakira 2023, nibwo Umuraperi Young CK yasezeweho bwa nyuma n’ababyeyi be, abavandimwe ndetse n’inshuti ze.

Ni mu muhango wabimburiwe n’ibihe byo kumwizihiza iwabo mu rugo ku i Rebero, bikurikirwa n’igitambo cya misa yo kumusabira, kiri kubera kuri Centre Christus i Remera.

Young CK ni umuraperi w’imyaka 22 y’amavuko w’umunyarwanda wabaga muri Canada akaba ari naho yapfiriye urupfu rutavuzweho rumwe, bivugwa ko yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa 17 Nzeri 2023. Kugeza ubu icyateye urupfu rwe ntikiramenyekana.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

‘Uzukuntu nari ikiraya ninjizaga abagabo 3 icyarimwe kandi bose bagataha banyuzwe’ ubuhamya busigaye butangirwa mu nsengero ni akumiro (Videwo)

Bwa mbere Kayumba Darina yafotorewe mu muhanda rwa gati ubwo yari yambaye ikanzu isatuye ku ruhande itako ryose riri hanze [AMAFOTO]