in

Kicukiro: Umuturage yimanye ibihumbi 80 yita ruswa, bituma aho asohokera bahita bahangiza none asohoka ataragurika (VIDEWO)

Kicukiro: Umuturage yimanye ibihumbi 80 yita ruswa, bituma aho asohokera bahita bahangiza none asohoka ataragurika.

Umugabo witwa Kalisa Ezekiyeli utuye mu Murenge wa Niboye, Akagari ka Niboye, Umudugudu wa Nyarubande ho mu karere ka Kicukiro, arasaba kurenganurwa.

Uyu mugabo avuga ko yatswe amafaranga ibihumbi 80 kugira ngo rogari iri imbere ye itwikirwe.

Nk’ibisanzwe ko ahakozwe umuhanda, rogari zipfundikirwa n’uwakoze umuhanda nta ruhare rw’umuturage.

Kuri Kalisa we si uko byagenze ahubwo we rogari iri mu marembo ye aho asohokera yarapfundikiwe ni uko maze yakwa ibihumbi 80 yita ruswa ni uko maze yanga ko kuyatanga.

Kalisa yanze gutanga ayo mafaranga bituma uwari wazishyizeho aza kuzisubiza.

Mu mashusho ari ku rubuga rwa X, yerekana imodoka yaje gukuraho Dalletes zapfundikijwe izo rogari.

VIDEWO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bivuzwe na Muyoboke: Urwango ruvugwa hagati y’umuhanzi The Ben na Bruce Melodie ukuri kwarwo gutanzwe na Muyoboke ubazi neza bituma abantu bava murujujo

Yagiye nka Nyomberi! The Ben yahimye abamwibye terefone ye i Burundi