in

Kera kabaye Meddy avuze ku byo kugura views yavuzweho

Hashize iminsi havugwa ko Meddy yaguze views z’indirimbo My vow kugirango yerekane ko ariwe muhanzi wa Mbere mu Rwanda. Ibi byagiye binyomozwa na benshi mu bafana be nyamara Meddy we yakomeje kwinumira ntiyagira icyo atangaza.

Ubwo iyi ndirimbo yuzuzaga umubare w’abantu basaga miliyoni 2 bamaze kuyireba, Meddy yashimiye abantu bose barebye iyi ndirimbo maze yongeraho amagambo agira ati « Si njyewe ni Imana ibikora » asubiza abantu bose bagiye bavuga ko views ariwe uzigura.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ese koko Miss Uwase Muyango ntabwo yibarutse?

IFOTO Y’UMUNSI: Umwana w’imfura wa Platini n’umugore we