in

Kenny Sol na Ish Kevin bagaragaye barya ubuzima n’inkumi i Burundi

Abahanzi Kennysol na Ish Kevin bagaragaye baryohewe n’ubuzima i Bujumbura hamwe n’inkumi.

Aba bahanzi bakunzwe mu ruhando rwa muzika Nyarwanda, bakomeje kuryoherwa n’ubuzima mu gihugu cy’u Burundi aho bagiye kwizihiza Isabukuru y’amavuko y’inshuti yabo.

Amakuru yamenyekanye ni uko aba basore bagiye kwizihiza isabukuru y’umwerekabamideri Umulisa Benitha uzwi nka Queen Nitha

Aba basore bajyanye n’umwe mu bahanga mu gutunganya imiziki Niz Beatz.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ibyiza byo koga amazi akonje

Impamvu ituma abagore n’abagabo bakunze kunywa amazi avanze na Okra igihe bagiye gukora imibonano mpuzabitsina mu ijoro