in

Kapiteni w’ikipe yaraye itwaye igikombe yifatiye ku gahanga abafana b’ikipe ye kubera ibintu biteye impungenge bayikoreye muri uyu mwaka

Kapiteni w’ikipe yaraye itwaye igikombe yifatiye ku gahanga abafana b’ikipe ye kubera ibintu biteye impungenge bayikoreye muri uyu mwaka.

Kapiteni w’ikipe ya APR FC, Manishimwe Djabel, yanenze abafana b’iyi kipe bitewe n’uko bagiye bayitererana aho rukomeyea.

Nubwo yanenze cyane abafana yaje guhita ashimagiza ubuyobozi kubera ko bwo bwakomeje kubana hafi.

Ni mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda, ubwo umukino wahuzaga APR FC na Gorilla FC warurangiye APR FC itsinze ibitego 2-1, Manishimwe Djabel yagarutse Ku bihe bitoroshye iyi kipe yaciyemo muri uyu mwaka.

Yemeje ko abatoza ba APR FC Ari abahanga, kubera ko ngo gutwara igikombe byari bigoye urebye n’ibibazo iyi kipe yaciyemo.

Djabel ageze ku bafana, yavuze ko abashimira gusa ngo batigeze baba inyuma y’iyi kipe Nk’uko byakagombye, yagize ati, ” harubwo bageze aho babura Ku kibuga basa nk’abivumbuye, mu byukuri ntabwo bitwaye neza”.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: Umugabo yishe umugore we amukubise mu gitsina maze anakubita majagu uwari ucumbikiye umugore we, amaze gukora ibyo yacikiye mu idirishya ariko ibyo yahaboneye byateye benshi kwikanga

Kayonza: Umugabo yifungiranye n’umugore we maze amuhata ikinyafu bisaba ko abaturanyi baca urugi kugira ngo batabare nyamugore kuko iyo batinda yari no kuhasiga ubuzima