in

Kanye West yavuze ko pete Davidson wari waramutwariye umugore yapfuye

Hari haciyeho amezi icyenda Kim Kardashian ari mu munyenga w’urukundo na Pete Davidson ariko Kanye West we akaba yarakomeje gufuhira uwahoze ari umugore we bakaza gutandukana.

Amakuru akimara kumenyekana, Kanye West yahise avuga ko Pete Davidson yapfuye dore ko nubundi yajyaga amwibasira haba mu ndirimbo cyangwa se ahandi hose.

Kanye West ati: ”Skete Davidson yitabye Imana ku myaka 28.” Bigaragaraza rwose ko akimufitiye inzika dore ko n’ubundi yagiye amwibasira kenshi nko mu ndirimbo Eazy yakoranye na The Game avuga ko azamukubita.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kizz Daniel wari ufungiwe Tanzania yarekuwe menya amakuru y’igitaramo cye mu Rwanda

Kigali: Abakundana bibye telephone babavumbuye umuriro uraka