in

Kamonyi: Abaturage biyambaje Polisi ngo ibafashe bwangu guta muri yombi abasore b’umwe mu bapfumu baturanye babajujubya

Abaturage batuye mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Runda barataka ikibazo cy’abasore bakora urugomo n’ubujura ariko ntibafatwe kuko ari abo ku mupfumu.

Abaturage nyuma yo Gutanga amakuru bavuga ko abiba bazwi ndetse bakanakoresha ibyuma ahubwo ngo impamvu badafatwa ari uko ari abana bumupfumu.

Police y’u Rwanda yatabaye bwangu ndetse igira nabo ita muri yombi mugihe hakomeje ibikorwa byo gushaka abacyekwa bose.

Abo baturage batangarije BTN TV dukesha iyi nkuru ko abo basore bafite imyaka iri hagati ya 20-25, mama wabo ni umupfumu bituma batinya kujya iwe.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Yago yatakambiye RIB nyuma y’uko abonye uwamwibye channel yayihinduriye izina

Rutahizamu Imanizabayo Florence w’ikipe y’igihugu Amavubi y’abagore, yeretswe imiryango isoko muri Kampala Queen