in

Kalisa Rashid wa Rayon Sports yavuze ibyo azahora yibuka kuri nyakwigendera Ahoyikuye Jean Paul ‘Mukonya’ uherutse kugwa mu kibuga, agahita apfa

Kalisa Rashid wa Rayon Sports yavuze ibyo azahora yibuka kuri nyakwigendera Ahoyikuye Jean Paul uherutse kugwa mu kibuga, agahita apfa.

Mu kiganiro yagiranye na B&B Kigali FM, Kalisa Rashid yavuze ko Mukonya yari nk’umuvandimwe we kuko bararanaga bagikinana muri Kiyovu Sports na AS Kigali.

Ati “Twakinnye muri Kiyovu Sports na AS Kigali. Niwe muntu twararanaga mu imyaka yose. Yari nk’umuvandimwe.”

Yakomeje agira ati “Yari umwana mwiza, w’umunyamahoro, ukunda abantu bose.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru y’akababaro! Umubyeyi wa nyakwigendera Kobe Bryant yitabye Imana

Abana bakina mu irerero rya Bayern Munich mu Rwanda bongeye gukorwamo umukwabo