in

Kabaye; Umugore yamenye ko umugabo we ari umugore nyuma y’amezi 10

Umugore muri Indonesia yavuze ibyamubayeho nyuma y’uko akundanye n’umukobwa umeze nk’umugabo bamwe bita “Kaboyi” bagashyingiranwa nyuma y’amezi 10 akaza kumenya ko ari umugore mugenzi we.

Aba bombi bahuriye ku mbuga zihuza abifuza kuba abakunzi hanyuma bakamenyana bakanateretana bakazahura bakaba banashakana, abo rero bose bari bagiye kuri izo mbuga bagiye gushaka abakunzi.

Umukobwa wihinduye umusore, yakundanye n’uyu mukobwa wundi hanyuma igihe kigeze bakora ubukwe online kuko hanze y’igihugu ho biba byemewe kubera rimwe na rimwe baba bari mu mpamvu z’akazi ahantu kure.

Nyuma y’igihe baza guhura hanyuma nyamukobwa wihinduye umusore aza azimya amatara hanyuma undi ntiyabimenya ijoro riracya irindi rirataha nuko undi atangira kwibaza umugabo utagira icyo amubwira aza gukora igenzura.

Mu bushishozi, yaje gusanga uyu mugabo we ari umukobwa nyuma y’amezi 10 yose amubeshyabeshya hanyuma abura aho akwirwa.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore uri kuzunguza amagi yambaye kositimu akomeje gutangaza abatari bake (video)

Young Grace n’umwana we bagaragaye mu buryo budasanzwe (AMAFOTO)