Nyuma y’iminsi havugwa umubano utari mwiza hagati y’umunyarwandakazi Sandra Teta n’umuhanzi weasel wamenyekanye mu itsinda rya Goodlyfe.
Benshi bagiye basabira weasel ko yafungwa nyuma yo guhohotera umugore we mu ruhame gusa yaba weasel cg Teta bose baryumyeho banga kugira icyo batangaza.
Amashusho yagiye hanze uyu munsi bagaragaye bahuje urugwiro ndetse bari kurya ubuzima basomana mu ruhame,mu gihe benshi bakomeje kwifuza ko Teta yataha mu Rwanda.