in

Juvénal yayisize muri Dumburi: Kiyovu Sports itakibarizwamo Mvukiyehe Juvenal igiye guhagarikwa na FIFA iminsi 1,095

Juvénal yayisize muri Dumburi: Kiyovu Sports itakibarizwamo Mvukiyehe Juvenal igiye guhagarikwa na FIFA iminsi 1,095.

Kiyovu Sports ishobora guhagarikwa imyaka 3 na FIFA nyuma yo kutishyura umugande Muzamiru Mutyaba babereyemo miliyoni 11.

Ubusanzwe uyu mukinnyi yareze Kiyovu Sports ndetse anayitsinda tariki ya 25/08/2023, aho FIFA yahise iha Kiyovu Sports iminsi 45 yo kuba yishyuye uyu mukinnyi gusa iyo minsi yageze ntacyo Kiyovu Sports yabikozeho.

Kuri ubu hategerejwe umwanzuro wa FIFA ku cyo izakorera Kiyovu Sports itari yashyira mu bikorwa ibyo yasabwe.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: Imodoka nini itwara abagenzi mu buryo bwa rusange izwi nka ‘Shirumutete’ yakoze impanuka irenga umuhanda

Indaya n’ibisambo byo muri Koridoro i Kanombe biraye mu maboko atari ayabyo