in

Juvenal wari ufite umurima w’ibigori yageze aho yabihinze asanga babitemaguye bahagize ikibuga

Hari umuturage witwa Mutiganya Juvenal utuye mu murenge wa Gataraga w’akarere ka Musanze, watunguwe no gusanga ibigori yari yarahinze abashumba babyahiriye inka.

Ubu bugome bwo kwahira imyaka y’abaturage ngo bukaba bukunze gukorwa muri aka gace gusa ariko ngo nta muntu nimwe urafatwa ngo abiryozwe.

Abaturage bakaba basaba ubuyobozi ko bwakurikirana abo bashumba ndetse n’abantu boroye inka kandi ntaho bafite bakura ubwatsi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu Ani Elijah uherutse guhamagarwa mu ikipe y’igihugu Amavubi, yerekeje i Burayi nyuma y’ibyumweru 2 gusa asinyiye Police FC – AMAFOTO

Umunyamakuru Babu wa Isibo TV yahamijwe n’icyaha yashinjwaga, ahita akatirwa