in

Juno Kizigenza afashe icyemezo nyuma yo kubona Messi arira

Mu masaha make ashize nibwo Lionel Messi uherutse gutangazwa ko atazongera gukinira ikipe ya Fc Barcelone yasezeye burundu kuri iyi kipe. Nkuko byagaragaye, Messi yaturitse ararira arenzwe n’amarangamutima nyuma yo gutekereza ko atazongera gukinira iyi kipe yari amazemo imyaka isaga 10.

Nyuma y’aya marira ya Messi, Juno Kizigenza abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram yatangaje ko guhera kuri uyu wa 08 z’ukwa 8 agiye gutangira gufana ikipe ya Paris Saint-Germain (PSG) birimo kuvugwa cyane ko Lionel Messi ariyo azerekezamo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Wa mukobwa watumye Davis D na Kevin Kade bafungwa yavuze ibyamubayeho

Umugore utwite yatse gatanya nyuma yaho umugabo we aguze imodoka