in

Jose Mourinho yaciye ibintu hanze aha nyuma yo kwiyandikaho ibidasanzwe

Umutoza Jose Mourinho watoje amakipe atandukanye ndetse akegukana ibigombe bitandukanye birimo champion league na Europa league.

Uyu mutoza aheruka gukora amateka muri Gicurasi ubwo yafashaga AS Roma gutwara igikombe cya Europa Conference League cyari gikinwe bwa mbere,cyiyongera kuri Europa League na Champions League yari yaratwaye mbere ari kumwe na Porto, Manchester United, na Inter.

Nyuma yo kwandika ayo mateka akomeye Jose mourinho yahicemo kwandika ku mubiri we igishushanyo kiriho ibyo bikombe yegukanye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Andi mafoto mutabonye yafashwe ubwo wa Mu Miss mwiza yambikagwa impeta

Inkuru nziza ku bakobwa bitabiriye irushanwa rya #MissRwanda2022 bakegukana ibihembo