in

Jose Chameleone avuze igihe azaharikira umuziki.

Umuhanzi ukomeye mu gihugu cya Uganda, Jose Chameleone wakunzwe n’abatari bake kubera indirimbo ze zibyinitse yatangaje ko asigaje imyaka 7 yonyine agasezera mu ruhando rwa muzika.

Uyu muhanzi umaze imyaka igera kuri 26 mu muziki aganira na televiziyo imwe yo muri Uganda ku murongo wa telefoni yavuze ko asigaje imyaka irindwi agasezera umuziki burundu.Yagize ati:”Ubwire abakunzi banjye ko nsigaje imyaka 7 nkareka umuziki”.

Ibi Chameleone abitangaje nyuma y’iminsi avuye mu bitaro,ubwo yajyanwaga kwa muganga atameze neza .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyabaye kuri Televiziyo ikomeye mu Rwanda yashakaga kwerekana imikino ya Premier League.

Rulindo:amarira y’umwana ufite ururimi rwuzuye akanwa||Abaganga byabateye ubwoba