in

Jonathan Ikoné mu muryango werecyeza mu Butaliyani

Umukinnyi wakiniraga ikipe ya Lille, Jonathan Iko Ikoné agiye kwerecyeza mu gihugu cy’Ubutaliyani mu ikipe ya Fiorentina nyuma yaho Aya makipe yose amaze kwemeranywa kwigurwa ni gurishwa ry’uyu mukinnyi.

Impapuro zemeranya hagati y’amakipe yombi kwihererekanwa rya Ikoné zamaze gusinywa nkuko Fabrizio Romano abitagaza.

Kuri uyu munsi mu gitondo nibwo uyu mukinnyi Jonathan Ikoné yageraga mu gihugu cy’Ubutaliyani muri Florence Kugira ngo akorerwe ibizamini by’ubuzima n’abaganga ba Fiorentina.

Nyuma yiki kizami cy’ubuzima Ikoné araza gusinya amasezerano y’imyaka utanu nk’umukinnyi mushya wa Fiorentina kuva muri Lille.

Ikipe ya Lille irahabwa Amafaranga asaga €14M ninyongera ya million €1M bitewe nuko uyu mukinnyi azagenda yitwara.

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kiyovu Sport ikomeje kongera amanota irusha amakipe ayikurikiye

Tangira urye injanga(indagara ) guhera uyu munsi kubera izi mpamvu zihiturwa.