in

Jean Pierre bakunze guhimba Nyakazehe warohamishije b’abana 13 b’i Muhanga yahawe igihano gikakaye

Urukiko rwahanishije Ndababonye Jean Pierre igihano cy’igifungo cy’Umwaka 1 no gutanga ihazabu ingana n’amafaranga y’u Rwanda  ibihumbi 500 frw.

Ni mu gihe ahamwa n’icyaha cyo kurohamisha abana 13 ariko atabishakaga (ku bw’impanuka).

Uyu Ndababonye ashinjwa ko yashutse umwana w’imyaka 14 kwambutsa abana 13 mu bwato kandi ubusanzwe bujyamo abantu 3 gusa.

Hategetswe ko kandi ubwato bwari bwafatiriwe bwatezwa cyamunara, kuri ayo mafaranga ntahabwe na make.

Ndababonye yasabye imbabazi asaba ko yakatirwa umwaka usubitse kuko nawe yabikoze atabishaka ndetse atabigambiriye.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuriro watse: Diamond Platunmz na Koffi Olomide bongeye kwihuza bakora ibintu bidasanzwe

“Burya koko abakoresha imbuga nkoranyambaga amaso yabo abona byinshi!” Umunyamideli Bianca yifashe aha abantu barenga ibihumbi 110 ibintu bihabwa umugabo bigasiba undi -AMAFOTO