in

Jack Grealish yaciye urwaho inzoga amacupa ayaca intege karahava.

Ubwo Manchester City yishimiraga igikombe cya shampiyona bari batwaye, umwongereza Jack Grealish yaciye urwaho inzoga arazinywa biracika bazimukuraho azigeze kure.

Kubufatanye na Bernardo Silva bakinana byabaye ngombwa ko bahisha zimwe bazingwa ari babiri gusa.

Ubwo bari bari mu modoka hejuru bagenda berekana igikombe mu mujyi wa Manchester yafashe indanguramajwi ashimagiza Bernardo Silva.

Yagize ati:” ni ubwa mbere ntwaye igikombe, ndashaka gushimira buri muntu wese, ariko cyane cyane Bernardo Silva kuko yampaye umwanya ku munota wa 70 kandi byagaragaraga ko yari no kurangiza umukino.

Uyu mukinnyi waguzwe akayabo ka Miliyoni 100 z,amapawundi gusa kugeza ubu akaba ataratanga unusatuo abafana bamwitezeho.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umupolisi yahaye isomo rikomeye umusore wamukubitiye umugore (video)

Umukunnyi uteye nk’abahungu bamwambuye ubusa basanga n’umukobwa