Izajya icana nka Convention Center! Sitade Amahoro iri kubakwa izaba ifite ibintu bitamenyerewe mu masitade yo muri Afurika.
Mu kwezi kwa Gatandatu umwaka ushize, Stade Amahoro yari itongo, iri gusenywa kugira ngo ivugururwe mu buryo bujyanye n’igihe.
Kuri ubu uyigezemo uhita ugira icyizere ko za nzozi zigiye kuba impamo kuko imirimo igeze ku kigero cya 70%.
Gushyiramo ubwatsi bw’ikibuga bizarangirana na 2023
Stade izajya yaka amatara inyuma nk’uko bimeze kuri KCC
Izashyirwamo internet yihariye bitewe n’uko umuntu yishyuye
Iramurikwa muri Gicurasi 2024.
Izindi nkuru… Reba igitego kimwe rukumbi Apr Fc yatsinze Mukura ku munota wa 94′.


















