in ,

Iyumvire uburyo Neg G yahemukiye Riderman bikomeye bigatuma amuzinukwa burundu

Riderman ni umwe mu baraperi nyarwanda bazwiho kuba baragize urahare muri Beef nyinshi zagiye ziba muri HipHop nyarwanda, bamwe mubo bagiranye Beef harimo Neg G The General bahoze bakorana mu itsinda rya UTP, gusa ubu bakaba barashwanye ku buryo bukomeye.

Ubwo yitabiraga ikiganiro cya Sunday Night kuri Isango Star Tv, Riderman akaba yasobanuye ikosa Neg G yakoze ryatumye yumva amuzinutswe burundu ku buryo yemeza ko ntakintu na gito azongera gukorana nawe ndetse akaba ngo atazongera kugira icyo amuvugaho na rimwe.

Iyumvire Riderman avuga uburyo Neg G yamuhemukiye bikomeye:

https://www.youtube.com/watch?v=rbqs0zD79LU&feature=youtu.be

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Manchester United iri mu nzira zo gutakaza umukinnyi wayo w’ukwezi akajya mubakeba

Reba uko umwe mu banyarwandakazi yambitswe ubusa n’umukobwa mugenzi we bari mu kabyiniro abantu bakipfuka mu maso (+video)