in ,

Iyumvire IMPANO idasanzwe yo kwicisha bugufi Lionel Messi yari yemereye Neymar iyo aguma muri FC Barcelone akayanga akigendera

Lionel Messi na Neymar

Neymar wavuye muri FC Barcelone kuri miliyoni 222 z’amayero yerekeza muri Paris Saint Germain,byabaje abafana,abayobozi ndetse n,abakinnyi ba FC Barcelone cyane cyane Lionel Messi wari waramwemereye n’impano idasanzwe.

Lionel Messi na Neymar

Ikinyamakuru cyandikirwa muri Espanye Diario sport kibitangaza,Lionel Messi amakuru ya Neymar yo kuva muri Espanye amaze kuba menshi yemereye uyu munya-bresil kuzamukinira mu kibuga ku buryo yanamuhesha ballon d’Or ahanini uyu musore yagiye akurikiye muri PSG aho yari kumuha coup franc nyinshi ndetse na penalty nyinshi byaba ngombwa akajya amuha na assists nyinshi kugira ngo atsinde cyane.Ibyo yaba yarabimwemereye mbere y’umukino wa gishuti bakinnye na Juventus aho yatsinze ibitego 2 Messi ameze nk’ukina hagati kugira ngo Neymar yisanzure.

Neymar nyamara akaba yaranze iyo mpano ya Messi aho kuri ubu azahatana nawe ndetse na Cristiano Ronaldo mu gutwara Ballon d’or aho iya 2018 amahirwe menshi ari aya Ronaldo kubera gutwara Champions league.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Fc Barcelona itakaje umukinnyi wayo ukomeye mu gihe habura amasaha make ngo ikine na Real Madrid

Dore bimwe mu byamamare byabaye ibirangirire kubera bimwe mu bice by’umubiri wabo