in

Iyumvire ibyo umugabo yakoreye umugore we akimara kumenya ko utubari twafunguwe

Mu minsi mike ishize nibwo utubari twongeye gukomorerwa gukora. Iyi ni inkuru yashimishije abantu benshi higanjemo abagabo batari baherutde gusangirira agatama na bagenzi babo mu kabari.

Umunyarwenya Nimu Roger yakoze amashusho y’urwenya yerekana ibyo umwe ku bagabo yakoze nyuma yo kumenya ko utubari twarunguwe. Mu mashusho Nimu Roger yakoze, umugabo abwira umugore we ko agiye gutura ku kabari ko atazagaruka mu rugo vuba.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wari uziko ushobora guhorana mu maso hatemba itoto ukoresheje ubuki?Dore uko bikorwa.

Amafoto y’abanyarwandakazi yabiciye bigacika kuri instagram muri iki cyumweru