in

NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Iyumvire ibyo Rayon Sport yakoreye Kwizera Olivier

Umuzamu Kwizera Olivier uri mu bakomeye hano mu Rwanda yavuze ibyo Rayon Sport yamukoreye. Ibi Kwizera yabitangaje kuri uyu wa Kabiri mu kiganiro B- Wire gica kuri Radio B&B Fm Umwezi aho yari yatumiwe nk’umutumirwa w’umunsi.

Nkuko Kwizera Olivier yabitangaje aho yari abajijwe ko nta masezerano afitanye na Rayon Sport, Kwizera yasubije mu magambo agira ati « Njye nta masezerano mfitanye na Rayon Sport, nasinye amasezerano y’umwaka kandi ntayindi option yaririho. Banyimye copy yayo kuva mu kwezi kwa munani ».

Kwizera Olivier ni umwe mu bazamu beza U Rwanda rufite

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Sandra wamamaye muri filme nyarwanda yashyinguwe.

Nyirandabizi ari mu babwiye Shaddyboo uko yamubonaga kera