in ,

Iyumvire amagambo y’agahinda kenshi Antonio Conte yavuze kuri Matic nyuma y’aho amuhaye Manchester United yakoze ku mitima ya benshi

Nemanja Matic w’imyaka 29 uherutse kuvamw’ikipe ya Chelsea akajya muri Manchester United asanga Jose Mourinho nubundi wari wamuzanye muri Chelsea,ibintu byababaje abafana benshi ba The Blues aho na Frank Lampard wahoze uyikinira yabivuze neza ko ari igihombo kinini cyane.

Nemanja Matic

Antonio Conte mu kiganiro na Skysports yagize ati “Nemanja Matic azi neza uko mwiyumvamo.Yari umukinnyi udufitiye akamaro kenshi cyane mw’ikipe yacu,ariko rimwe na rimwe uba ugomba kwumva abakinnyi iyo bashaka kugenda.Ariko ni igihombo gikomeye cyane kuri twe

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Chelsea igiye kwihimura kuri Arsenal iyitwara umukinnyi wayo ukomeye igenderaho

Butera Knowless yavuze impamvu gukora umuziki kwe kwagabanutse nyuma y’aho abyariye