in ,

Iyumvire amagambo akomeye Ronaldinho yabwiye Neymar isi yose igatangara

Umunya Brasil ufatwa nk’umukinnyi urusha abandi impano yo gukina neza umupira w’amaguru kuva isi yaremwa nkuko byemezwa n’abatari bake Ronaldinho Gaucho nawe ntiyatanzwe kugira icyo yibwirira mwene wabo banakinanye mu ikipe y’igihugu Neymar wavuye mu ikipe ya Fc Barcelona akerekeza muri PSG.Image result for neymar-Ronaldinho

Nkuko tubikesha ikinyamakuru El mundo deportivo umukinnyi Ronaldinho usigaye ari umuvugizi w’ikipe ya Fc Barcelona ubwo yabazwaga n’iki kinyamakuru icyo yavuga ku igenda ry’uyu mukinnyi yagize ati:”I can only tell him to follow his heart and be happy, to do things that his heart tells him.”

Tugenekereje mu kinyarwanda yagize ati:”Icyo namubwira ni kimwe gusa ni ugukora icyo umutimanama we umutegeka kandi yishimiye.”

Benshi batangajwe naya magambo kuko bumvaga na Ronaldinho nawe ari bwunge mu magambo y’ubuyobozi bwa Fc Barcelona butahwemye gutuka Neymar.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

The Weeknd ngo nubwo akundana na Selena Gomez hari ibintu bikomeye amwifuzaho (bisome hano)

Abagore 27 bigabije imihanda yo muri Sao Paulo mu rwego rwo gushyigikira igikorwa cya Miss BumBum 2017 (amafoto)