in ,

Iyumvire amagambo adasanzwe Neymar yatangaje kuri Kylian Mbappe agatangaza benshi ku isi

Kuri uyu mugoroba nibwo mu mugi w’i Paris kuri Stade Parc des Princes y’ikipe ya PSG haberaga ibirori aho iyi kipe yazaga guhana itababariye ikipe ya Bayern Munich iyikubita iibtego 3-0, kuburyo ababashishe gukurikirana uyu mukino bemezaga neza ko iyi kipe izagera kure, rutahizamu wa PSG umunya Brasil Neymar Jr dos Santos yaje kuganira n’ibitangazamakuru bitandukanye nkuko tubikesha ikinyamakuru Le Parisien yerura byinshi ku mukinnyi Kylian Mbappe waraye nawe yigaragarije isi ko nawe ari umwe mu bakinnyi bakomeye tuzitegaho byinshi.Image result for PSG bayern

Nkuko Neymar yabitangarije le Parisien yagize ati:”Mbappé, j’ai l’impression qu’il a déjà 30 ans. Il est tellement mature et tellement complet. C’est un privilège pour moi de jouer avec lui. C’est un joueur qui va donner beaucoup de fil à retordre devant et qui va se mêler à la lutte pour le Ballon d’Or.”

Tugenekereje mu kinyarwanda uyu musore yagize ati:”Mbappe, mfite ibyiyumviro byuko ashobora kuba afite nk’imyaka 30. Arakuze ku buryo buhagije rwose. Ni amahirwe adasanzwe kuri nge gukinana n’umukinnyi nkuriya. Ni umukinnyi ufite byinshi azadufasha kugeraho kandi nawe uzahatanira igihembo cya Ballon d’Or.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Isomere amagambo aryohereye cyane Miss Balbine yabwiye umukunzi we agatuma abatari bake bifuza gukundwa nawe

Kera kabaye Butera Knowless yavugiye mu ruhame inyamaswa atinya cyane kurusha izindi (iyumvire)