in

Iyo ataba we ntago aba azwi! Davido yavuze umuhanzi watumye aba uwo ari we aka kanya -IFOTO

Umuhanzi uri mu bagezweho muri Africa ndetse no hanze yayo Davido yavuze ku mubano we na Akon, yavuze ko Akon ari umuhanzi munini cyane ku Isi, wabaye icyitegererezo ku bahanzi benshi ba Afurika,

Gusa ariko we uwa mbere watumye yumva nawe agomba gukora muzika ni uwitwa D’banj.

D’banj ni umwe mu bahanzi bakomeye muri Afurika kandi batanze ibyishimo bisendereye mu mitima y’abatura Afurika, ndetse kandi yagize uruhare rukomeye mu kumenyekanisha umuziki wa Nigeria na Afurika muri rusange ku Isi binyuze mu njyana ya Afrobeats yakoraga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mvukiyehe Juvenal arimo gushinjwa na Kiyovu Sports ikintu gikomeye cyitihanganirwa n’ubuyobozi bw’igihugu nubwo APR FC ari yo babishyiragaho gusa

Yahigitse The Rock na Transport: igikomangoma cyahigitse abarimo abakinnyi ba filime bakomeye mu kugira uruhara rwiza