in

Iyi yo ntiyadukoza isoni imbere y’abana ba Senegal! Nyuma yo kubona abakinnyi b’Amavubi bananiwe gutanga ibyishimo, abafana bamaze kwikorera ikipe yabo y’abahanzi irangajwe imbere na Bruce Melodie na King James mu izamu

Iyi yo ntiyadukoza isoni imbere y’abana ba Senegal! Nyuma yo kubona abakinnyi b’Amavubi bananiwe gutanga ibyishimo, abafana bamaze kwikorera ikipe yabo y’abahanzi irangajwe imbere na Bruce Melodie na King James mu izamu.

Nyuma y’uko ikipe y’igihugu Amavubi inganyije na Senegal, abanyarwanda bayikuyeho amaboko bikorera iyabo igizwe n’abahanzi gusa.

Iyi kipe igaragaramo abahanzi nka Bruce Melodie, Mani Martin, Christopher Muneza, King James mu izamu, Isreal Mbonyi, The Ben n’abandi.

Ngabo abakinnyi 11 bakibanzamo

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umwe ni muri Arena undi ni i Huye! Nyambo Jesca akomeje gutendeka abasore babiri areba uzajya umugusha neza nyuma y’uko abasaranganyije weekend ye yose mu buryo budasanzwe

Abanyarwanda bakomeje kujya kunywera hanze y’u Rwanda kubera ho nta muntu ubategeka gutaha! Uko M Irene na Phil Peter babona ingingo yo gufunga utubari saa munani muri weekend mu Rwanda