in

Iyi yo izatitiza Kigali: Mwibanga rikomeye hagaragaye bimwe mu bintu Papa Cyangwe ahishiye abakunzi be -AMAFOTO

Iyi yo izatitiza Kigali: Mwibanga rikomeye hagaragaye bimwe mu bintu Papa Cyangwe ahishiye abukunzi be.

Papa Cyangwe na Kenny Edwin uzwi mu ndirimbo nka “Why” bageze kure imyiteguro y’indirimbo bari gukorana bise “Deep in love” ndetse bikaba biteganyijwe ko iyi ndirimbo izajya hanze tariki 05 Kanama 2023.

Amafoto:

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

RIP Zhanna! Umukobwa wamenyekanye mu kurya ibikomoka ku bimera gusa, yitabye Imana azize inzara kandi yaryaga (AMAFOTO)

Genda Nizzo waryaga neza! Ex wa Nizzo Kaboss akomeje kuba igisobanuro cy’ubwiza kuri benshi