imikino
Iyi ni inkuru y’ibyishimo bidasanzwe mu ikipe ya Manchester United

Amakipe akomeye y’iburayi akomeje gushakisha biciye mubatasi bayo  abandi bakinnyi bakibyiruka byibura bazatera ikirenge mucya Cristiano Ronaldo ndetse na Lionel Messi bakoze uduhigo tutazibagirana mu mupira w’amaguru gusa kuri ubu ikipe ya Manchester United ikaba yamaze kwibonera umwana ufite ubuhanga nk’ubwaba bagabo bombi bigaruriye imitima ya benshi.
Amakuru dukesha ikinyamakuru Footmercato.net aravuga ko abatasi b’iyi kipe bageze muri Portugal mu ikipe ya Benfica kurambagiza umwana ukiri muto w’imyaka 19 gusa wabiciye bigacika muri ik gihugu uwp ntawundi ni Gonçalo Manuel Ganchinho Guedes
uyu musore akaba ari umuna porutigali ukina kuruhande rw’iburyo muri ba rutahizamu udashidikanywaho ku buhanga bwe ndetse no ku mayeri menshi afite mu mikinire ye,ibiganiro ku mpande zombi bikaba byatangiye hifuzwa ko uyu musore yakwerekeza i Manchester mu mpeshyi itaha.
-
Imyidagaduro18 hours ago
Ibya Miss Aurore na Egide noneho Super Manager arabihuhuye.
-
Imyidagaduro14 hours ago
Umunyamakuru wa RBA ukunzwe mu myidagaduro yifurije isabukuru nziza y’amavuko umukobwa bitegura kurushinga
-
inyigisho20 hours ago
Ngaya amakosa akomeye abakobwa bakora bazi ko azabafasha guhita barongorwa n’abakunzi babo.
-
Imyidagaduro19 hours ago
Nabaye imfubyi nkiri muto|Kuba Miss Rwanda ni inzozi zikomeye|Marie Paul
-
Imyidagaduro15 hours ago
Umuhanzi Ali Kiba ahishuye umukobwa ashyigikiye muri Miss Rwanda.