in ,

Iyi ni inkuru y’ibyishimo bidasanzwe mu ikipe ya Manchester United

jose-mourinho-umutoza-wa-manchester-united-uri-guseka

Amakipe akomeye y’iburayi akomeje gushakisha biciye mubatasi bayo  abandi bakinnyi bakibyiruka byibura bazatera ikirenge mucya Cristiano Ronaldo ndetse na Lionel Messi bakoze uduhigo tutazibagirana mu mupira w’amaguru gusa kuri ubu ikipe ya Manchester United ikaba yamaze kwibonera umwana ufite ubuhanga nk’ubwaba bagabo bombi bigaruriye imitima ya benshi.

Amakuru dukesha ikinyamakuru Footmercato.net aravuga ko abatasi b’iyi kipe bageze muri Portugal mu ikipe ya Benfica kurambagiza umwana ukiri muto w’imyaka 19 gusa wabiciye bigacika muri ik gihugu uwp ntawundi ni Gonçalo Manuel Ganchinho Guedes Image result for gonçalo guedes

Image result for gonçalo guedes

uyu musore akaba ari umuna porutigali ukina kuruhande rw’iburyo muri ba rutahizamu udashidikanywaho ku buhanga bwe ndetse no ku mayeri menshi afite mu mikinire ye,ibiganiro ku mpande zombi bikaba byatangiye hifuzwa ko uyu musore yakwerekeza i Manchester mu mpeshyi itaha.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore uburyo Barack Obama yahisemo kwibutsa Michelle ibihe byiza bagiranye (amafoto)

Irebere ubwiza bw’umukobwa waraye aruhuye Peace umutwaro w’urukundo (amafoto)