in

Iyi mbwa ishobora kumenya umuntu wapfuye binyuze mu kumva ko umutima utera, ishobora no gutabara umuntu warohamye (Videwo)

Akenshi benshi mu bafite imbwa baziko akamaro kazo ari ukuba murugo irinda igipangu cyangwa ikahaba nk’umutako.

Nyamara hari zimwe mu mbwa zifashishwa mu mirimo ikomeye kandi isaba ubwenge, muri zo twavuga nk’imbwa zisaka abantu binjiranye ibintu bitemewe ku bibuga by’indege nk’ibiyobyabwenge ibisasu n’ibindi.

Ni muri urwo rwego hari n’imbwa zahuguwe mu bijyanye n’ubutabazi bw’ubuzima.

Iyi mbwa ifite ubushobozi bwo kumenya ko umuntu akiri muzima ndetse ikaba yamufasha mu gihe yagize n’ibindi bibazo nko kurohama n’ibindi, muri Videwo igaragara ishyira umunwa ku muntu ibisanzwe bikorerwa umuntu warohamye mu mazi.

Reba Videwo hasi..

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo kwandagaza TP Mazembe abakinnyi ba Young Africans bahawe ibyo bemerewe na Perezida _ AMAFOTO

Impanuka iteye ubwoba y’indege yaguye hafi y’ikibuga cyegereye ikibuga cy’indenge