in

Itariki y’ubukwe bwa Meddy n’umukunzi we yamenyekanye.

Hashize amezi arenga atatu ,umuhanzi nyarwanda Ngabo Meddy yambitse impeta y’urukundo umukunzi we Mimi ukomoka muri Ethiopia ,mu birori byari biryoheye ijisho kuri ubu biravugwa ko bazakora ubukwe tariki 21 Gicurasi 2021.

Nk’uko tubikesha Magic Fm , ngo ubukwe bwa Meddy na Mimi bazabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika tariki 21 Gicurasi 2021.Amakuru anavuga ko ababyeyi ba Meddy bazajya muri Amerika gushyigikira umuhungu wabo.

Meddy agiye kurushinga na Mimi mu gihe hashize amezi hafi atatu amwambitse impeta y’icyizere mu muhango wabereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika; hari tariki 18 Ukuboza 2020.

Byari ibyishimo byinshi ubwo Meddy yambikaga impeta umukunzi we

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wa mukobwa wari ushyigikiwe n’ibyamamare bikomeye muri Miss Rwanda 2021 agiye gufata irindi kamba muri Tanzaniya.

Igitambaro cya Cristiano Ronaldo kigiye gukiza ubwima bw’umwana urembye