in

Itangazo ryihutirwa rigenewe Abayisilamu bose bo mu Rwanda

Ubuyobozi bukuru bw’Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC), bwatangaje igihe igisibo cy’ukwezi gutagatifu, Ramadhani kizatangirira.

Mu itangazo basohoye, bavuze ko kizatangira ku wa Kane Tariki ya 23 Werurwe 2023.

ITANGAZO

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Aurore ari mu munyenga w’urukundo

Abanze gushaka gusa! Dore imyaka myiza yo kurongora ku basore no gushyingirwa ku bakobwa