in

Itangazo ritunguranye As Kigali kubushake bwayo yikuye mw’irushanwa rugikubita

Kuri icyi cyumweru tari ya 5 Gashyantare ikipe ya As Kigali ishyize hanze itangazo ritunguranye ritari kwakirwa neza n’abafana bayo.

Ikipe ya As Kigali kubushatse bwayo itangaje ko itazitabira imikino y’igikombe cy’amahoro cya 2023

Iyi kipe niyo yaherukaga kwegukana iki gikombe muri 2022 itsinze APR FC

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru yihutirwa; Nonaha i Rubavu police irashe umuntu ukekwaho kwiba terefone akanashaka kwica uwo yibye

Polisi y’u Rwanda yerekanye umugabo wari ufite umugambi wo kwica abantu 40 gusa yateshejwe amaze kwica bane abaciye imitwe(Videwo)