in

Itangazo rireba abatuye ndetse n’abakorera mu mujyi wa Kigali bose 

Itangazo rireba abatuye ndetse n’abakorera mu mujyi wa Kigali bose

Umujyi wa Kigali ubinyujije mu itangazo watambukije wongeye kwibutsa abawutuye abawugenda ndetse n’abawukorera mo ko bagomba kwimika isuku niba koko bakeneye Kigali icyeye kandi iteye imbere kandi ibi bikaba inshingano za buri mu turage wese.

Umujyi wa Kigali wibukije abaturage ko ari ngombwa kugira isuku muri byose ndetse wibutsa n’abaturage uburyo bwiza bwo kwegeranya imyanda.

  • Kumena imyanda ahabugenewe kandi neza
  • Kwirinda kujugunya amacupa n’indi myanda aho tubonye hose hatabigenewe.
  • Kwirinda kumena cyangwa kohereza amazi yanduye mu miyoboro y’amazi n’ahandi hose hatabigenewe
  • Ni byiza gutandukanya imyanda ibora n’itabora.

Ibi bihora byibutswa abanya Kigali bose mu rwego rwo gukorana umujyi ucyeye kandi ufite isuku.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Cristiano Ronaldo ntabwo akibukwa pe! Izina Messi ryongeye gukora agashya muri rubanda [Amafoto]

Bazongere Rosine wamamaye muri filime nyaRwanda atewe ubwoba n’abashaka kwica mama we umubyara(Videwo)