in

NdabikunzeNdabikunze YEGOKOYEGOKO NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Itangazo rigenewe abiyandikishije gukorera impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga

 

ITANGAZO

1. Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe ibizamini no gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga, riramenyesha abantu blyandikishije kuzakorera impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga mu Ntara y’Amajyepfo, Iburengerazuba, Amajyaruguru n’Iburasirazuba mu kwezi k’Ukwakira, Ugushyingo n’Ukuboza 2021 icyiciro cya gatatu, ko guhera tariki ya 10-20 Mutarama 2022 rizakoresha ibizamini mu turere tugize izi Ntara. Urutonde rw’abazakora rugaragara ku rubuga rwa Polisi y’u Rwanda www.police.gov.rw. Abatibona kuri uru rutonde kandi barahawe kode zo m’ Ukwakira, Ugushyingo, Ukuboza 2021 bazategereza urundi ruzatangazwa nyuma.

2.

Icyitonderwa:

1) Abiyandikishije gukorera uruhushya rw’agateganyo bose bafite kode zo mu mezi yavuzwe hejuru bazakorera kuri site zisanzwe zikorerwaho ibizamini ku matariki n’isaha bahawe.

II) Abazakora Ibizamini bose barasabwa kuzaza bagaragaza ko bikingije COVID-19 kandi ko bayipimishije mu gihe kitarenze amasaha 72, bagaragaza ibisubizo byerekana ko nta bwandu bafite.

iii) Bagomba kandi kuza bitwaje ibyangombwa by’umwimerere, icyangombwa gisimbura indangamuntu cyangwa Pasiporo ntibyemewe. Ukeneye ibindi bisobanuro yahamagara izi nimero:118/0788311553/ 0788311570.

ABASHAKA KWIREBA KU RUTONDE RW’ABAZAKORA IBIZAMINI MWAKANDA HANO

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amwe mu mafunguro byaba byiza kuyarya ari uko atetse

Amafoto y’abasitari nyarwanda yaciye ibintu kuri instagram muri iki cyumweru