in

Itangazo rigenewe abantu bajya mu ntara y’Amajyepfo ndetse n’Iburengerazuba bw’u Rwanda

Police y’u Rwanda yatanze itangazo rigenewe abantu bagenda mu ntara y’Amajyepfo ndetse n’Uburengerazuba bakoresheje umuhanda Muhanga- Ngororero-Mukamira.

Babiyunyujije ku rukuta rwa Twitter rwa Police y’u Rwanda,  bagize bati “Mwiriwe, turabamenyesha ko kubera imvura nyinshi umuhanda RN11, Muhanga- Ngororero- Mukamira ubu utari nyabagendwa.

Muragirwa inama yogukoresha indi mihanda. Abapolisi barahari kugira ngo babayobore. Murakoma.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntabwo ikitwa APR FC! Abafana ba Rayon Sports bahaye izina rishya ikipe ya APR FC kubera agashya kagaragaye mu mukino wayihuje na Police FC

Urugamba rugeze mu mahina: Menya uko urutonde rwagateganyo rwa shampiyona y’u Rwanda ruhagaze