in

Itangazo ku bantu bose bifuza gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga

Ubuyobozi bw’Ishami rya Polisi y’U Rwanda rishinzwe ibizamini no gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga ryakoreraga ku Muhima bwatanze  rimenyesha abantu bose ko ryimuriye serivisi zatangirwaga ku Muhima kuri ubu zikaba zirimo gutangirwa mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Kanombe, Akagali ka Busanza. Kuva kuri uyu wa mbere tariki ya 06 Kamena 2022.

Iryo tangazo ni iri rikurikira:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking News: Cristiano Ronaldo akomeje kwanikira mukeba we Messi urugamba rwimukiye kuri Instagram.

Umushahara we wose Cristiano Ronaldo awushora ku bafollowers ba fake